Ibisabwa :
ü Amazezerano y’ihererekanya ry’ubutaka (4Copy),(ni form zuzuzwa
n’imashini.
ü Attastation de Mariage ,iyo ugurisha yasezeranye n’uwo
bashakanye itarengeje amezi atatu.
ü Attestation de Celebat ,iyo ugurisha atarashaka itarengeje amezi
atatu.
ü Photocopies z’indangamuntu kubagiranye amasezerano
n’abahamya babo(abagabo).
ü Iyo umutungo ugurishwa wanditse kuri Succession, uhagarariye
umuryango yerekana uburenganzira yahawe n’urukiko
bumwemerera guhagarira no kugurisha umutungo w’umuntu
utakiriho.
ü Abafatanyije umutungo bose bagomba gusinya nk’abagurishije
cyangwa batanze.
ü Iyo ugurisha umutungo afite abana bagejeje ku myaka
makumyabiri n’umwe(21ans) bagomba kuba mu bahamya b’ubwo
bugure, iyo batari mu Gihugu, bohereza Procuration ziriho
umukono wa Ambasade y’u Rwanda muri icyo Gihugu
abamo,yagerahano igacishwa muri MINAFET kugirango ishyirweho
umukono n’iyo Ministère.
ü Iyo hari abana batarakwiza imyaka 21, hagaragazwa Attestation de
naissance zabo zitarengeje amezi atatu.
ü Iyo ari inzu igurishwa , hagomba amafoto 2 y’amabara (2photos en
couleur) y’inzu igurishwa.
ü Umutungo ugurishwa (cyangwa impano) ugombwa kuba ufite
ibyangombwa byemewe n’amategeko,(Fiche
cadastrale,Amasezerano y’ubukode burambye, Certificat
d’enregistrement). Nukuvuga ko agomba kuba yarabaruje
ubutaka.
ü Umutungo ugurishwa iyo ari uwa sosiyete hagaragazwa
icyangombwa kiyiranga cyemewe n’amategeko (registre de
commerce) n’uyihagarariye akazana fotokopi ye y,indangamuntu
1. Amazezerano y’ihererekanya ry’ubutaka (4Copy),(ni form zuzuzwa
a. n’imashini.
2. Attastation de Mariage ,iyo ugurisha yasezeranye n’uwo
a. bashakanye itarengeje amezi atatu.
3. Attestation de Celebat ,iyo ugurisha atarashaka itarengeje amezi
a. atatu.
4. Photocopies z’indangamuntu kubagiranye amasezerano
a. n’abahamya babo(abagabo).
5. Iyo umutungo ugurishwa wanditse kuri Succession, uhagarariye
a. umuryango yerekana uburenganzira yahawe n’urukiko
b. bumwemerera guhagarira no kugurisha umutungo w’umuntu
c. utakiriho.
6. Abafatanyije umutungo bose bagomba gusinya nk’abagurishije
a. cyangwa batanze.
7. Iyo ugurisha umutungo afite abana bagejeje ku myaka
a. makumyabiri n’umwe(21ans) bagomba kuba mu bahamya b’ubwo
b. bugure, iyo batari mu Gihugu, bohereza Procuration ziriho
c. umukono wa Ambasade y’u Rwanda muri icyo Gihugu
d. abamo,yagerahano igacishwa muri MINAFET kugirango ishyirweho
e. umukono n’iyo Ministère.
8. Iyo hari abana batarakwiza imyaka 21, hagaragazwa Attestation de
a. naissance zabo zitarengeje amezi atatu.
9. Iyo ari inzu igurishwa , hagomba amafoto 2 y’amabara (2photos en
a. couleur) y’inzu igurishwa.
10. Umutungo ugurishwa (cyangwa impano) ugombwa kuba ufite
a. ibyangombwa byemewe n’amategeko,(Fiche
11. cadastrale,Amasezerano y’ubukode burambye, Certificat
a. d’enregistrement). Nukuvuga ko agomba kuba yarabaruje
b. ubutaka.
12. Umutungo ugurishwa iyo ari uwa sosiyete hagaragazwa
a. icyangombwa kiyiranga cyemewe n’amategeko (registre de
b. commerce) n’uyihagarariye akazana fotokopi ye y,indangamuntu
Akarere gatanga uruhushya rwo kubaka ahantu hemewe n’amategeko kandi hasuzumwe hifashishijwe igishushanyo mbonera.
Ibyangombwa binenerwa kuri dosiye yo gushaba uruhushya rwo kubaka ni ibi bikurikira:
1. Ibaruwa isaba,yandikiwe Umuyobozi w’Akarere
2. Fiche cadastrale+Contrat de Location
3. Copy enye(4) za Plan z’umushinga wose kuri format A0
4. Copy ebyiri(2)za devis(BOD)
5. Copy ebyiri(2)za fosse Septique
6. Note de calcule ku nzu ifite igorofa imwe(G+ 1)
7. 2 persepectives ku mushinga mushyashya
8. Amafoto 2 y’ibara kunzu yubatswe(Regularisation)
9. Uburyo bwo gufata amazi y’imvura
Serivisi zitangwa mu ishami rya one stop center
Serivisi fatizo zitangwa mu ishami ry'one stop center
Serivisi zitangwa mu ishami ry’one stop center