Kayonza: Hatangijwe amarushanwa y’Umurenge Kagame Cup 2026

Ku wa 16 Mutarama 2026, mu Karere hatangijwe ku mugaragaro amarushanwa y’Umurenge Kagame Cup 2026 mu byiciro by’abagabo n’abagore, mu mikino…

Read more →

Hatangijwe urugerero rw’Inkomezabigwi icyiciro cya 13 rwitabiriwe n’urubyiruko 2,061 mu Karere

Kuri uyu wa kabiri tariki 13 Mutarama 2026, mu Mirenge yose igize Akarere kimwe n’ahandi mu Gihugu, hatangijwe urugerero rw’Inkomezabigwi icyiciro cya…

Read more →

Kayonza: Abanyeshuri biyemeje kwimakaza isuku mu gutangiza ubukangurambaga bwiswe Fresheri ku Ishuri

Ku wa 12 Mutarama 2026, mu bigo by’amashuri byo mu Karere ka Kayonza hatangijwe ubukangurambaga #FresheriKuIshuri, bugamije kwimakaza umuco w’isuku…

Read more →

Abaturage ba Rwinkwavu bishimiye impinduka mu mikorere y’ubutaka mu Kagari ka Gihinga

Kuri uyu wa Kabiri tariki 06 Mutama 2026, mu Kagari ka Gihinga mu Murenge wa Rwinkwavu, hateraniye inteko y’abaturage yitabiriwe cyane, aho Umuyobozi…

Read more →

HASOJWE IGIKORWA CYO GUTORANYA IMPANO Z’ABANA BARI MUNSI Y’IMYAKA 15 MU MIKINO ITANDUKANYE

Ku bufatanye bw’Akarere ka Kayonza na Minisiteri ya Siporo, kuri uyu wa 21 Ukuboza 205, hasojwe igikorwa cyo gutoranya no guteza imbere impano z’abana…

Read more →

Kayonza: Senateri John Bideri yasabye abaturage gukaza ingamba mu gukomeza kwita ku isuku n’isukura

Kuri uyu wa 16 Ukuboza 2025, mu Mirenge yose y’Akarere habereye inteko rusange z’abaturage, hagamijwe kuganira ku mibereho myiza yabo no kubibutsa…

Read more →

Kabare: Umunsi Mpuzamahanga wa Mwarimu wizihirijwe muri GS Adelaide TSS hashimirwa uruhare rw’abarimu mu iterambere ry’Igihugu.

Kuri uyu wa Gatanu tariki 12/12/2025, mu kigo cy’ishuri cya GS Adelaide TSS, kigisha imyuga itandukanye giherereye mu Murenge wa Kabare, mu Karere ka…

Read more →

Akarere ka Kayonza kakiriye abayobozi bashya b’Agateganyo

Kuri uyu wa Kabiri, tariki 09/12/2025, ku biro by’Akarere ka Kayonza, habereye igikorwa cyo kwakira abayobozi bashya b’Akarere b’Agateganyo, ari bo Ha…

Read more →