“Iyo imbaraga zashyizwe mu bwicanyi zikoreshwa mu bikorwa by’iterambere twari kuba tumaze kugera mu bihugu byateye imbere” Depite MUSHIMIYIMANA Lydia

Kuri uyu wa 13 Mata 2025, hakomeje ibikorwa byo kwibuka ku nshuro ya 31 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Ibikorwa byabereye mu Mirenge ya Rukara,…

Read more →

IYO TWIBUKA JENOSIDE YAKOREWE ABATUTSI BIBA BIMEZE NK’IBYABAYE EJO- MEYA NYEMAZI JOHN BOSCO

Ibikorwa byo kwibuka ku nshuro ya 31 Jenoside yakorewe abatutsi birakomeje mu Mirenge itandukanye y’Akarere, ku wa 09 Mata 2025 mu Murenge wa Gahini…

Read more →

“Iyi minsi 100 twinjiyemo ni umwanya wo kuzirikana amateka yacu ariko duharanira ko bitazongera kubaho” Dr. Jeanne Nyirahabimana

Kuri uyu wa 7 Mata 1994, ku Rwibutso rwa Jenoside yakorewe abatutsi rwa Mukarange ruri ku rwego rw’Akarere, hatangirijwe Icyumweru cy’Icyunamo…

Read more →

URUBYIRUKO RUKORA UBUHINZI N’UBWOROZi MU NTARA Y’IBURASIRAZUBA RWAHURIYE MU BIGANIRO BIGAMIJE GUHANGA IMIRIMO KURI BENSHI

Kuri uyu wa Kane tarikiri 03 Mata 2025 muri Koleji y’Uburezi ya Kaminuza y’ u Rwanda ya Rukara iri mu Murenge wa Gahini, hateraniye Urubyiruko rwo mu…

Read more →

NDEGO: Minisitiri w'Urubyiruko n’Iterambere ry’Ubuhanzi yasuye anaganira n’urubyiruko rukora ubuhinzi

Minisitiri w’Urubyiruko n’Iterambere ry’Ubuhanzi Dr. Utumatwishima Jean Nepo Abdallah ari kumwe n’Umuyobozi w’Akarere Nyemazi John Bosco n’abandi…

Read more →

UBUYOBOZI N'ABATURAGE BIFATANYIJE MU GUKORA UMUGANDA RUSANGE USOZA UKWEZI KWA WERURWE

Kuri uyu wa Gatandatu tariki 29 Werurwe 2025, mu Mirenge igize Akarere abaturage n’ubuyobozi mu nzego zitandukanye bitabiriye umuganda rusange usoza…

Read more →

Rwinkwavu: Icyanya cya Gishanda kigiye gutunganywa kugira ngo gihingweho imbuto n’imboga ku buso bwuhirwa

Gutunganya icyanya cya Gishanda kigakorerwaho ibikorwa byo kuhira imyaka ni umushinga Akarere ka Kayonza kazafatanya n’umufatanyabikorwa IFAD binyuze…

Read more →

Mu Murenge wa Mukaramge hizihirijwe umunsi Mpuzamahanga wo kurwanya igituntu

Mu Kigo cy’Urubyiruko cya Kayonza giherereye mu Murenge wa Mukarange, niho hizihirijwe Umunsi Mpuzamahanga wo kurwanya igituntuku rwego rw’Igihugu…

Read more →

MU KARERE HATANGIJWE IGIHEMBWE CY’IHINGA 2025 B, ABAHINZI BASABWA GUTERA IMBUTO ZERA VUBA

Kuri uyu wa 20 Werurwe, Perezida w’Inama Njyanama y’Akarere ka Kayonza Basiime Kalimba Doreen ari kumwe n’Umuyobozi w’Akarere wungirije ushinzwe…

Read more →