Abatuye umudugudu wa NkondoII barishimira ibyo bamaze kugeraho mu mihigo ya 2019-2020

Mu gikorwa cyo kwishimira ibyo bamaze kugeraho mu mihigo ya 2019-2020 mu kubaka itorero ry'umudugudu rikora neza himakazwa ubumwe n'ubwiyunge, Intore…

Read more →

Intore z'umudugudu wa NkondoII zakoze urugendo nyunguramateka mu Ngoro Ndangamurage y'u Rwanda

Uyu munsi, Intore z'umudugudu wa NkondoII akagari ka Nkondo umurenge wa Rwinkwavu, zakoze urugendo nyunguramateka ku itorero ry'umudugudu na Ndi…

Read more →

Abakoresha abana bagiye kujya bashyikirizwa urwego rw’ubugenzacyaha- Minisitiri Rwanyindo

Uyu munsi habaye inama nyunguranabitekerezo ku ngamba zo kunoza umurimo. Yayobowe na Minisitiri w'abakozi ba Leta n'umurimo Karirangwa FanFan…

Read more →

Abayobozi b’ibigo by’amashuri barasabwa kuba intangarugero muri byose

Uyu munsi, mu cyumba cy'inama cy'akarere hateraniye inama y'uburezi yaguye. Yayobowe n'Umuyobozi w'akarere Murenzi Jean Claude, yitabirwa n'abari mu…

Read more →

Guverineri w’Intara y’I Burasirazuba Mufulukye Fred yitabiriye inteko z'abaturage mu murenge wa Rwinkwavu

Guverineri w’Intara y’I Burasirazuba Mufulukye Fred ari kumwe n’abagize inama y’umutekano itaguye y’intara, ubuyobozi bw’akarere ka Kayonza n’abandi…

Read more →

"Kandagira Ukarabe" nk'uburyo bwo kongera isuku no kurwanya indwara z'ibyorezo

Mu rwego rwo gukumira no kurwanya indwara z’ibyorezo zirimo Coronavirus, Akarere ka Kayonza kashyize “Kandagira Ukarabe” ku marembo kugira ngo…

Read more →

Abahinzi barasabwa gusura imirima yabo buri munsi no gutangira amakuru ku gihe, mu rwego rwo kwirinda Inzige

Uyu munsi habaye inama yateguwe mu rwego rwo guhanahana amakuru ku bijyanye no kurwanya, guhangana no kwirinda icyonnyi cy’inzige (zo mu butayu:…

Read more →

Abadepite bari muri Komisiyo y'Uburezi basuye akarere mu rwego rwo kureba ibibazo bituma ireme ry'uburezi ritagerwaho uko byifuzwa

Itsinda ry’abadepite Hon. Mbonimana Gamariël na Hon. Ahishakiye Médiatrice bari muri Komisiyo y'Uburezi, Ikoranabuhanga, Urubyiruko n'Umuco mu nteko…

Read more →

Abanyeshuri basabwe kwirinda ibiyobyabwenge n'ibisindisha bagasoma ibitabo kuko byungura ubwenge

Uyu munsi kimwe no mu tundi turere twose, mu karere ka Kayonza hatangijwe ku mugaragaro ubukangurambaga bwo gusoma (National Reading Campaign). Iki…

Read more →