Urugamba rw’iterambere ry’igihugu cyacu nirwo dusigaranye nk’abanyarwanda kuko urw’amasasu rwo rwararangiye- Major Rusanganwa

Umunsi wo Kwibohora25 ku rwego rw'akarere wizihirijwe mu murenge wa Nyamirama, akagari ka Rurambi. Ibikorwa by'uyu munsi byabanjirijwe no gutaha ku…

Read more →

Urubyiruko mu nzego zitandukanye, rwahawe ibiganiro bifite insanganyamatsiko igira iti: “ Igihango cy’urungano”

Urubyiruko mu nzego zitandukanye mu karere (abahagarariye inama y'Igihugu y'urubyiruko ku rwego rw'akarere n'imirenge, urubyiruko rw'abakorerabushake:…

Read more →

Amafaranga y’u Rwanda 14,546,740,988 niyo ngengo y’imari izakoreshwa mu mwaka wa 2019-2020 mu karere ka Kayonza

Inama isanzwe y'Inama Njyanama y'akarere ka Kayonza yateranye tariki 27 Kamena 2019 yemeje ingengo y’imari ingana na miriyari cumi n’enye, miriyoni…

Read more →

Inama y'ihuriro ry’ubumwe n’ubwiyunge mu Karere ka Kayonza yateranye

Kuri uyu wa 14/06/2019 mu cyumba cy’inama cy’akarere hateraniye inama y'ihuriro ry’ubumwe n’ubwiyunge, ikaba yitabiriwe n’abayobozi b’Akarere hamwe…

Read more →

Inama ya Komite Mpuzabikorwa y’Akarere, nk’umwanya wo kuganira ku buzima bwako muri rusange

Tariki 07/06/2019 hateranye Inama ya Komite Mpuzabikorwa y’Akarere ka Kayonza, igaragarizwamo aho akarere kageze kesa imihigo y’umwaka wa 2018-2019…

Read more →

Icyerekezo u Rwanda rurimo ni icy'iterambere- Minisitiri Shyaka Anastase

Umuganda usoza ukwezi kwa Gicurasi 2019, ku rwego rw'akarere wakorewe mu murenge wa Rukara, akagari ka Rukara, umudugudu wa Kabuga. Hubatswe inzu ya…

Read more →

Ruswa cyane cyane iyambukiranya imipaka ikwiye gucika-Depite Uwamariya Odette

Ihuriro ry'abagize inteko ishinga amategeko baharanira kurwanya ruswa (APNAC Rwanda) yagiriye urugendo mu karere ka Kayonza mu rwego rwo gusesengura…

Read more →

Ikibazo cy’imanza za Gacaca zitararangizwa cyavugutiwe umuti

Uyu munsi tariki 23 Gicurasi 2019 hateranye inama nyunguranabitekerezo ku irangizwa ry’imanza (by’umwihariko iza Gacaca) n’izindi nyandiko mpesha.  Ya…

Read more →

Gahunda y’ibikorerwa i wacu iragaragara cyane muri iri murikabikorwa-Habimana Kizito

Ubwo hasozwaga imurikabikorwa ry’abafatanyabikorwa b’akarere, Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Intara y’I Burasirazuba Habimana Kizito yashimye ko hari…

Read more →