Bahawe ubumenyi bw'ibanze ku cyorezo cya Koronavirusi, nk'imwe mu ngamba zo kugikumira no kukirwanya.

Abayobozi b'ibigo nderabuzima byo mu karere ka Kayonza, n'abakozi bashinzwe gusuzuma abarwayi mu mavuriro, barimo guhabwa ubumenyi bw'ibanze ku…

Read more →

Hakozwe ubukangurambaga ku gukaza ingamba zo gukumira no kwirinda icyorezo cya Koronavirusi

Umuyobozi w'akarere wungirije ushinzwe imibereho myiza Harelimana Jean Damascene, Umuyobozi wa Polisi mu karere ka Kayonza SSP Alex FATA,…

Read more →

Ubugenzacyaha ni umwuga mwiza ariko usaba ubwitange n’umurava-Min Busingye

Uyu munsi mu cyumba cy’inama cy’akarere ka Kayonza, Minisitiri w’Ubutabera akaba n’Intumwa Nkuru ya Leta Busingye Johnson, yakiriye indahiro z’abakozi…

Read more →

Duhangane n'ikibazo cy’abana bo mu muhanda tugamije ko kirangira- Min. Nyirarukundo

Uyu munsi, mu kigo gifasha abana kuva mu muhanda cya SACCA: Streets Ahead Children’s Centre Asssociation giherereye mu murenge wa Mukarange, hakozwe…

Read more →

Twifuza ko umunyarwanda aba mu mudendezo nta hohoterwa akorerwa, akabaho neza kandi agatera imbere- Depite Musa Fasil

Ku munsi wa kabiri w'uruzinduko rwabo, Intumwa z'Ihuriro ry'Abanyarwandakazi bari mu Nteko Ishinga Amategeko Umutwe w'Abadepite FFRP Hon. Musa Fasil…

Read more →

Niba dushaka kugira abanyarwanda bazima b'ejo hazaza, dutangire kubategura kuva bagisamwa-Depite Mbakeshimana

Intumwa z'Ihuriro ry'Abanyarwandakazi bari mu Nteko Ishinga Amategeko Umutwe w'Abadepite FFRP Hon. Musa Fasil Harelimana (Visi Perezida w'Umutwe…

Read more →

Gusuzuma ishyirwa mu bikorwa ry'imihigo y'akarere ya 2019-2020

Muri iki gitondo, Umuyobozi w’akarere Murenzi Jean Claude yakiriye itsinda riturutse mu kigo cy’igihugu cy’Ibarurishamibare mu Rwanda (NISR), rije…

Read more →

Igiceri Porogaramu-gahunda y’Abesamihigo ba NkondoII ibafasha gukomeza gutera imbere

Umuyobozi w’akarere wungirije ushinzwe imibereho myiza Harelimana Jean Damascene asobanura ko Abesamihigo ba NkondoII, umudugudu wa NkondoII, akagari…

Read more →

NkondoII, abaturage baharanira kuva mu cyiciro cyo hasi bazamuka mu cyo hejuru

NkondoII ni umwe mu midugudu igize akagari ka Nkondo, Umurenge wa Rwinkwavu. Kubera ubufatanye no gukorera hamwe by’Abesamihigo ba NkondoII, hari…

Read more →